Ibiranga urugo runezerewe
- Maker
- Apr 22, 2020
- 1 min read

Ni kenshi usanga abantu benshi bagira ibibazo mu rukundo rwabo bakumva ko nta yandi maherezo uretse kuruhagarika, nyamara hari inama nyinshi baba bakenewe kugirwa zabafasha gukomeza umurunga w'urukundo rwabo.
Urugo runezerewe ni imwe muri group izajya ikugezaho inama zigendanye n'uko wakwitwararika mu rukundo haba ku bashakanye n'abatarashakana. ni groupe kandi wagisha inama ku mibanire yawe n'umukunzi wawe tutibagiwe n'abashakanye
Tubagezaho kandi inkuru z'uruhererekane zibanda ku rukundo, hibanda cyane uko wakwitara mu gihe uri mu rukundo cg ushaka ushaka kujya mu rukundo

twishimiye kuzabana namwe turushaho kungurana ibitekerezo by'ubaka urukundo rukwiye muri sosiyete turimo kandi duharanira kuzagira urugo rwiza rwuzuye urukundo, mu gihe abubatse ingo nabo bizabafasha gukomeza kwimakaza urukundo ruzira gutana

Commentaires