top of page
Donate
Search

Ibiranga urugo runezerewe

  • Writer: Maker
    Maker
  • Apr 22, 2020
  • 1 min read



Ni kenshi usanga abantu benshi bagira ibibazo mu rukundo rwabo bakumva ko nta yandi maherezo uretse kuruhagarika, nyamara hari inama nyinshi baba bakenewe kugirwa zabafasha gukomeza umurunga w'urukundo rwabo.


Urugo runezerewe ni imwe muri group izajya ikugezaho inama zigendanye n'uko wakwitwararika mu rukundo haba ku bashakanye n'abatarashakana. ni groupe kandi wagisha inama ku mibanire yawe n'umukunzi wawe tutibagiwe n'abashakanye

Tubagezaho kandi inkuru z'uruhererekane zibanda ku rukundo, hibanda cyane uko wakwitara mu gihe uri mu rukundo cg ushaka ushaka kujya mu rukundo


twishimiye kuzabana namwe turushaho kungurana ibitekerezo by'ubaka urukundo rukwiye muri sosiyete turimo kandi duharanira kuzagira urugo rwiza rwuzuye urukundo, mu gihe abubatse ingo nabo bizabafasha gukomeza kwimakaza urukundo ruzira gutana



 
 
 

Recent Posts

See All

Commentaires


bottom of page